NGORORERO: Minisitiri w’Intebe yifatanyije n’abaturage kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.

Muri gahunda y’icyumweru cy’icyunamo n’iminsi ijana yo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku wa 10 Mata 2026; Minisitiri w’Intebe,…

Read more →

Rusizi: Perezida wa Sena, Dr. Iyamuremye Augustin yasuye Umurenge wa Nkombo

Perezida wa Sena, Dr.Iyamuremye Augustin n'itsinda ry'abasenateri yari ayoboye, ku wa 11 Gashyantare 2022, yasuye Umurenge wa Nkombo mu karere ka…

Read more →

Bugarama: Abaturage basabaga ibyangombwa by’ubutaka batangiye kubishyikirizwa.

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, ku wa 17 Ukuboza 2021; yari mu kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi aho yatangije…

Read more →

Guverineri Habitegeko arasaba komite nshya z’inzego z’abagore n’abafite ubumuga kugira uruhare mu gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage.

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko François, arasaba abagize Komite nshya z’inama y’Igihugu y’abagore n’iy’abafite ubumuga ku rwego…

Read more →

Rubavu: Hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga.

Mu Karere ka Rubavu, ku wa 03 Ukuboza 2021, hizihirijwe ku rwego rw’Igihugu, umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga, ku nsanganyamatsiko igira iti: “Ur…

Read more →

Rusizi II: Hagiye kubakwa umupaka uhuriweho n’u Rwanda na Congo.

Mu Karere ka Rusizi,  ku wa 30 Ugushyingo 2021, habaye inama ku mushinga wo kubaka umupaka wa Rusizi II, uhuriweho n’u Rwanda na Repubulika Iharanira…

Read more →

RUBAVU: Abaturage barasabwa kwirinda kwambuka umupaka mu nzira zitemewe.

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko François arasaba abaturage bo mu Mirenge ya Rubavu, Cyanzarwe, Busasamana na Bugeshi ihana imbibi…

Read more →

Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyashimiye abasora neza mu Ntara y’Iburengerazuba.

Kuri uyu wa 05 Ugushyingo 2021, mu Karere ka Rusizi habereye igikorwa cyo gushimira abasora neza mu Ntara y’Iburengerazuba. Ni gahunda ngarukamwaka…

Read more →

Karongi: Inzego zose zirasabwa ubufatanye mu bukangurambaga bwo kwikingiza covid-19.

Mu Karere ka Karongi, ku wa 04 Ugushyingo 2021, habereye igikorwa cy’ubukangurambaga mu gukingira icyorezo cya Covid-19.  Iki gikorwa cyari…

Read more →

Imiryango y’abizigamiye muri Ejo Heza yashyikirijwe amafaranga y’ubwishingizi bw’ubuzima.

Mu rwego rwo gushishikariza abanyarwanda gukomeza kwitabira gahunda yo kwizigamira muri Ejo Heza, kuri wa 27 Ukwakira 20121; ku cyicaro cy’Intara…

Read more →