Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, arasaba abaturage kurwanya Jenoside n’ingengabitekerezo yayo. Ibi yabivuze mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya…
Nyuma y’amatora ya komite nshya y’abagize urugaga rw’abikorera (PSF) mu Ntara y’Iburengerazuba, ku wa 19 Werurwe 2026, i Karongi habereye umuhango…
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi/MINEDUC, Madamu Irere Claudette yagaragaje ko kwizihiza ubutwari bw’abanyeshuri b’i Nyange, ari…
Kimwe n’ahandi mu Gihugu, mu Turere tugize Intara y’Iburengerazuba, ku wa 08 Werurwe 2026, hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore ku nsanganyamatsiko…
Mu Murenge wa Mudende hatangirijwe ku mugaragaro gahunda yiswe “Ishuri ry’abayobozi”, ahahuriye abayobozi mu byiciro bitandukanye bo mu Mirenge ya…
Mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Bugeshi hatangirijwe ku rwego rw’Akarere gahunda nshya yiswe, “Umunsi w’Inka”. Ni igikorwa cyitabiriwe na Guverineri…
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba arasaba ubufatanye bw’inzego zose mu Ntara mu rwego rwo gukumira no kurwanya ikibazo cy’ubucukuzi butemewe…
Mu nama nyunguranabitekerezo y’abafatanyabikorwa mu iterambere mu Ntara y’Iburengerazuba yabereye mu Karere ka Rusizi; abayobozi basabwe kurushaho…
U Rwanda rwifatanyije n’Isi ku kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ruswa, ni ibirori byizihirijwe ku rwego rw’Igihugu kuri Stade Umuganda…
U Rwanda rwifatanyije n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga, uba buri mwaka ku wa 03 Ukuboza. Ku rwego rw’Igihugu ibirori…