Mu Murenge wa Mudende hatangirijwe ku mugaragaro gahunda yiswe “Ishuri ry’abayobozi”, ahahuriye abayobozi mu byiciro bitandukanye bo mu Mirenge ya…
Mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Bugeshi hatangirijwe ku rwego rw’Akarere gahunda nshya yiswe, “Umunsi w’Inka”. Ni igikorwa cyitabiriwe na Guverineri…
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba arasaba ubufatanye bw’inzego zose mu Ntara mu rwego rwo gukumira no kurwanya ikibazo cy’ubucukuzi butemewe…
Mu nama nyunguranabitekerezo y’abafatanyabikorwa mu iterambere mu Ntara y’Iburengerazuba yabereye mu Karere ka Rusizi; abayobozi basabwe kurushaho…
U Rwanda rwifatanyije n’Isi ku kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ruswa, ni ibirori byizihirijwe ku rwego rw’Igihugu kuri Stade Umuganda…
U Rwanda rwifatanyije n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga, uba buri mwaka ku wa 03 Ukuboza. Ku rwego rw’Igihugu ibirori…
Mu Karere ka Rusizi, kuri uyu wa 31 Ukwakira 2025, niho hizihirijwe ku rwego rw’Igihugu umunsi mpuzamahanga wahariwe amakoperative. Ni umunsi…
Kimwe n’ahandi mu gihugu ndetse no ku isi yose, kuri uyu wa 15 Ukwakira 2025, mu Turere tugize Intara y’Iburengerazuba hizihijwe umunsi mpuzamahanga…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, agaragaza ko kwizihiza umunsi mpuzamaganga w’abageze mu za bukuru bigamije kongera gukangurira…
Mu nama rusange y’Inama y’Igihugu y’Abagore (CNF) ku rwego rw’Intara y’Iburengerazuba yateranye kuri uyu wa 03 Nzeri, 2025; Guverineri w’Intara,…