Mu Karere ka Rubavu hashyizweho “Umunsi w’Inka”.
Mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Bugeshi hatangirijwe ku rwego rw’Akarere gahunda nshya yiswe, “Umunsi w’Inka”. Ni igikorwa cyitabiriwe na Guverineri…
Hakenewe ubufatanye bw’inzego zose mu kurwanya ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe- Guverineri Ntibitura Jean Bosco.
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba arasaba ubufatanye bw’inzego zose mu Ntara mu rwego rwo gukumira no kurwanya ikibazo cy’ubucukuzi butemewe…
Guverineri Ntibitura arasaba abayobozi kurushaho kwegera abaturage bumva banakemura ibibazo byabo.
Mu nama nyunguranabitekerezo y’abafatanyabikorwa mu iterambere mu Ntara y’Iburengerazuba yabereye mu Karere ka Rusizi; abayobozi basabwe kurushaho…
Rubavu: Hizihijwe Umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya Ruswa.
U Rwanda rwifatanyije n’Isi ku kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ruswa, ni ibirori byizihirijwe ku rwego rw’Igihugu kuri Stade Umuganda…
Abafite ubumuga barashimira Leta ku bushake ifite mu gukomeza kwita ku mibereho yabo.
U Rwanda rwifatanyije n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga, uba buri mwaka ku wa 03 Ukuboza. Ku rwego rw’Igihugu ibirori…
Abanyarwanda barakangurirwa kwitabira kujya mu makoperative nk’imwe mu nkingi z’iterambere.
Mu Karere ka Rusizi, kuri uyu wa 31 Ukwakira 2025, niho hizihirijwe ku rwego rw’Igihugu umunsi mpuzamahanga wahariwe amakoperative. Ni umunsi…
Umugore wo mu cyaro niwe mutima w’umuryango nyarwanda - Guverineri Ntibitura Jean Bosco.
Kimwe n’ahandi mu gihugu ndetse no ku isi yose, kuri uyu wa 15 Ukwakira 2025, mu Turere tugize Intara y’Iburengerazuba hizihijwe umunsi mpuzamahanga…
Karongi: Abaturage barakangirirwa kwita ku bageze mu za bukuru no kubashyigikira kugira ngo bashobore kugira amasaziro meza.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, agaragaza ko kwizihiza umunsi mpuzamaganga w’abageze mu za bukuru bigamije kongera gukangurira…
Guverineri Ntibitura Jean Bosco arashimira CNF ku bikorwa byabo bigamije gukemura ibibazo bibangamiye umuryango.
Mu nama rusange y’Inama y’Igihugu y’Abagore (CNF) ku rwego rw’Intara y’Iburengerazuba yateranye kuri uyu wa 03 Nzeri, 2025; Guverineri w’Intara,…
Uturere turasabwa gukangurira abahinzi kurushaho kwitegura igihembwe cy’ihinga.
Mu nama nyunguranabitekerezo ku myiteguro y’igihembwe cy’igihinga 2026A, yabereye mu Karere ka Karongi, ku wa 28 Kanama 2025; Ubuyobozi bw’Uturere…