Nyabihu: PSF y’Intara yagabiye Inka abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Abagize urugaga rw’abikorera #PSF mu Ntara y’Iburengerazuba, bateguye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, by’umwihariko…

Read more →

Guverineri Ntibitura arasaba abayobozi kurushaho kwegera abaturage bumva banakemura ibibazo byabo.

Mu nama nyunguranabitekerezo y’abafatanyabikorwa mu iterambere mu Ntara y’Iburengerazuba yabereye mu Karere ka Rusizi; abayobozi basabwe kurushaho…

Read more →

Rubavu: Hizihijwe Umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya Ruswa.

U Rwanda rwifatanyije n’Isi ku kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ruswa, ni ibirori byizihirijwe ku rwego rw’Igihugu kuri Stade Umuganda…

Read more →

Abafite ubumuga barashimira Leta ku bushake ifite mu gukomeza kwita ku mibereho yabo.

U Rwanda rwifatanyije n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga, uba buri mwaka ku wa 03 Ukuboza. Ku rwego rw’Igihugu ibirori…

Read more →

Abanyarwanda barakangurirwa kwitabira kujya mu makoperative nk’imwe mu nkingi z’iterambere.

Mu Karere ka Rusizi, kuri uyu wa 31 Ukwakira 2025, niho hizihirijwe ku rwego rw’Igihugu umunsi mpuzamahanga wahariwe amakoperative. Ni umunsi…

Read more →

Umugore wo mu cyaro niwe mutima w’umuryango nyarwanda - Guverineri Ntibitura Jean Bosco.

Kimwe n’ahandi mu gihugu ndetse no ku isi yose, kuri uyu wa 15 Ukwakira 2025, mu Turere tugize Intara y’Iburengerazuba hizihijwe umunsi mpuzamahanga…

Read more →

Karongi: Abaturage barakangirirwa kwita ku bageze mu za bukuru no kubashyigikira kugira ngo bashobore kugira amasaziro meza.

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, agaragaza ko kwizihiza umunsi mpuzamaganga w’abageze mu za bukuru bigamije kongera gukangurira…

Read more →

Guverineri Ntibitura Jean Bosco arashimira CNF ku bikorwa byabo bigamije gukemura ibibazo bibangamiye umuryango.

Mu nama rusange y’Inama y’Igihugu y’Abagore (CNF) ku rwego rw’Intara y’Iburengerazuba yateranye kuri uyu wa 03 Nzeri, 2025; Guverineri w’Intara,…

Read more →

Uturere turasabwa gukangurira abahinzi kurushaho kwitegura igihembwe cy’ihinga.

Mu nama nyunguranabitekerezo ku myiteguro y’igihembwe cy’igihinga 2026A, yabereye mu Karere ka Karongi, ku wa 28 Kanama 2025; Ubuyobozi bw’Uturere…

Read more →

Ngororero: Guverineri Ntibitura Jean Bosco arasaba abaturage kurushaho kubungabunga umutekano.

Guverineri Ntibitura Jean Bosco (uwa kane uhereye ibumoso)

Guverineri w’Intara, y’Iburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco ari kumwe n’abagize inama…

Read more →